New Lyrics

Muchoma Mucomani – Nikibazo Lyrics

Muchoma Mucomani - Nikibazo Lyrics
Muchoma Mucomani – Nikibazo Lyrics

Muchoma Mucomani – Nikibazo Lyrics. INTRO
Country record
Eleeeeh
Yooo eleeeh what time it is bro?
Man i’m so high like I get it (like I get it)
Ukuri guhora ari ukuri yeaah okay

VERSE
Akoya nd’ikibanza gupfa Papa arabanza
N’ubwambere ndi m’urukiko njye nawe turi m’urubanza
Waremye abaja urema n’abajanja
Banza ubyibaze kwanza mbere yuko umpereza answer
Iyi ni question mark wapi sijafika
Ubuse ko nakuburiye n’Imaka (ese ubu uzagaruka)
Kuki Semuhungu aba umugore kandi ar’umuhungu
Yakabaye azi umuhigo nka Munyakazi fooo hay nooh
Cyangwa akaba isanamu ntakora ibya ba haram
None ntiyakora n’ubuzamu ariko Manaa ubu ubaho koko
Nikibazo nikibazo nukuri nikibazo
Nikibazo nikibazo nukuri nikibazo

CHORUS
Mfite amacyengaaaa
Mfite amacyengaaa aah

VERSE
Urisiriti, uri mubiki
Iyo Mana ni nyabaki ikumariye iki?
Itumva imiboroga y’abapfakazi
Imfubyi n’abashomeri babuze akazi
Rukundo rukundo ni gute mpazwa no gukunda
Cause yaza byose ikabigira zero kandi Mana uri Rukundo
Ese utanga umunani muba Christo cyangwa ni mubapagani
Kombona bagafashe arabayayi n’aba slayqueens
Samahani we mtu gani nimedpoteza Imani
So nitabudu shetani kwa nini nini utafanya nini haa
Ndi k’umunzani wabapinzani
Ubu ndi m’urugamba n’ibifi binini
Gahunda nugutsinda cyangwa nkaba masikini

CHORUS
Mfite amacyengaaaa
Mfite amacyengaaa aah
(Mfite amacyenga niba ari nawe ubigenga)
Mfite amacyengaaa aah
Eleeeeeeh
Iyanjye m’ubuzima n’umuziki
Yeah ni muchoma nimemaliza
(Bob pro on the mix)

Busiswa Ft Kamo Mphela – SBWL Lyrics

Related Articles

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Check Also
Close
Back to top button